Yanditswe Jun, 25 2016 20:06 PM | 3,004 Views
Adrien
NIYONSHUTI nyuma y’imyaka 2 atitwara neza nkuko abivuga muri shampiyona
y’umukino w’amagare mu Rwanda, niwe wegukanye iyi shampiyona mu gusiganwa
umuntu ku giti cye, ibyo bakunze kwita Individual Time Trial mu rurimi
rw’icyongereza. Mu cyiciro cy’abakobwa Jeanne D’arc Girubuntu niwe wayoboye
abandi.
Biteganyijwe
ko kuri iki cyumweru abasiganwa bazahaguruka mu mujyi wa Muhanga berekeza Huye
basiganwa mu muhanda ibyo bita Road Race. Muri shampiyona y’ubushize Individual
Time trial yegukanywe na Valens Ndayisenga naho Biziyaremye Joseph yegukana
Road Race
Ariane Uwamahoro Television y’u Rwanda mu karere ka Bugesera
Inkuru irambuye mu mashusho:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rogers
CONGZ NIYONSHUTI KOMEREZA AHO Jun 28, 2016