AGEZWEHO

  • Umurinzi w'Igihango Damas Gisimba warokoye benshi muri Jenoside yatabarutse – Soma inkuru...
  • Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RDC – Soma inkuru...

Bweyeye: Abaturage basabye abasenateri kubakorera ubuvugizi ku kibazo cy'ihuzanzira

Yanditswe Feb, 12 2022 19:12 PM | 32,322 Views



Abasenateri bashimiye abatuye Umurenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi, imbaraga bashyira mu gukomeza kwiyubaka ubu bakaba bageze kure ugereranije n'imyaka 20 ishize, banabizeza ko bagiye kubakorera ubuvugizi ku bibazo birimo kugira aho bategera imodoka hazwi muri Nyungwe, ndetse n'ikibazo cy'ihuzanzira(network) itameze neza mu bice bimwe na bimwe muri uyu murenge.

Mu biganiro byakurikiye umuganda rusange wahuje abasenateri n'abaturage, aba basenateri bashimiye abanyabweyeye umurava bakomeje gushyira mu bikorwa bibavana mu bukene, ariko na bo babagezaho ibyifuzo byabo.

Icyifuzo cya mbere ni icy'ihuzanzira, network ritameze neza.

Ikindi kibazo ni icy'aho bategera imodoka hitwa i Pindura.

Tukiri aha i Pindura, ni ho hashamikiye umuhanda uri gukorwa werekeza i Bweyeye kandi ukazajyamo na kaburimbo. 

I Bweyeye hari ibikorwaremezo bifuza ko wazahasanga

Senateri Dushimimana Lambert wari uyoboye iri tsinda,yijeje abagurage ubuvugizi.


Théogène TWIBANIRE



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Minisiteri y'Ibidukikije irabasaba kureka gukoresha ibikoresho bya pulasiti

Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RD

Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Perezida Erdogan

Banki Nyafurika itsura amajyambere irasaba imiryango itari iya leta kuyishyigiki

Hakenewe miliyari 296Frw zo gusana no kubaka ku buryo burambye ibyangijwe n'

Inama ya EAC yemeje ko abarwanyi ba M23 bazakirirwa mu kigo cya Rumangabo

Hibutswe Captain Mbaye Diagne wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda basanga iki ari igihugu ntangarugero mu ko