Yanditswe Oct, 29 2020 22:35 PM | 81,680 Views
Kuri uyu wa Kane icyiciro cya mbere cy’abanyeshuri cyatangiye gusubira ku mashuri nyuma y’amezi 8 basubijwe mu ngo kubera COVID-19.
Kuri stade ya Kigali i Nyamirambo niho aba banyeshuri basangaga amabisi abategereje kugira ngo abajyane ku bigo by'amashuri.
Bitandukanye n'uko ubusanzwe bategeraga muri gare mpuzamahanga ya Nyabugogo bakahahurira n'abandi bagenzi. Ni mu rwego rwo kwirinda akajagari no kugabanya ubucucike bushobora kubaviramo kwandura icyorezo cya COVID 19.
Kwinjira muri stade ya Kigali aho imodoka zari ziparitse umubyeyi wabaga aherekeje umunyeshuri ntiyemererwaga kwinjira.Umunyeshuri yinjiraga yambaye neza agapfukamunwa,agakaraba intoki,agapimwa umuriro bakamuyobora ku modoka imujyana ku kigo yigaho.
Bamwe muri aba banyeshuri bishimira ko nyuma y'amezi agera ku 8 bari mu rugo kubera icyorezo cya COVID19 Nbongeye gusubira kwishuri kandi bigategurwa neza.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru