AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

COVID-19: Abanyeshuri batangiye gusubira ku mashuri nyuma y’amezi 8 bari murugo

Yanditswe Oct, 29 2020 22:35 PM | 81,680 Views



Kuri uyu wa Kane icyiciro cya mbere cy’abanyeshuri cyatangiye gusubira ku mashuri nyuma y’amezi 8 basubijwe mu ngo kubera COVID-19.

Kuri stade ya Kigali i Nyamirambo niho aba banyeshuri basangaga amabisi abategereje kugira ngo abajyane ku bigo by'amashuri.

Bitandukanye n'uko ubusanzwe bategeraga muri gare mpuzamahanga ya Nyabugogo bakahahurira n'abandi bagenzi. Ni mu rwego rwo kwirinda akajagari no kugabanya ubucucike bushobora kubaviramo kwandura icyorezo cya COVID 19.

Kwinjira muri stade ya Kigali aho imodoka zari ziparitse umubyeyi wabaga aherekeje umunyeshuri ntiyemererwaga kwinjira.Umunyeshuri yinjiraga yambaye neza agapfukamunwa,agakaraba intoki,agapimwa umuriro bakamuyobora ku modoka imujyana ku kigo yigaho.

Bamwe muri aba banyeshuri bishimira ko nyuma y'amezi agera ku 8 bari mu rugo kubera icyorezo cya COVID19 Nbongeye gusubira kwishuri kandi bigategurwa neza.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama