Yanditswe Nov, 15 2021 20:58 PM | 52,545 Views
Hirya no hino mu gihugu, hari
abatwara ibinyabiziga bakomeje kuvuga ko bakomeje kwandikirwa imivuduko nyamara nta byapa bihari, bagasaba inzego zibishinzwe kubikemura.
Bamwe mu baganiriye na RBA, batangaje kandi ko ikindi kibazo bakomeje guhura nacyo, kijyanye n’uko mu Mujyi wa Kigali barimo kwandikirwa barenze ku muvuduko wa 40, nyamara ibyapa bihari bigaragaza ko icyapa ari icya 60.
Kuri ibi bibazo byose, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yatangarije RBA ko ibyinshi mu bivugwa n’abatwara ibinyabiziga, biba nta shingiro bifite.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru