AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

CP Kabera yateye utwatsi abavuga ko camera zibandikira batarengeje umuvuduko

Yanditswe Nov, 15 2021 20:58 PM | 52,545 Views



Hirya no hino mu gihugu, hari abatwara ibinyabiziga bakomeje kuvuga ko bakomeje kwandikirwa imivuduko nyamara nta byapa bihari, bagasaba inzego zibishinzwe kubikemura.

Bamwe mu baganiriye na RBA, batangaje kandi ko ikindi kibazo bakomeje guhura nacyo, kijyanye n’uko mu Mujyi wa Kigali barimo kwandikirwa barenze ku muvuduko wa 40, nyamara ibyapa bihari bigaragaza ko icyapa ari icya 60.

Kuri ibi bibazo byose, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yatangarije RBA ko ibyinshi mu bivugwa n’abatwara ibinyabiziga, biba nta shingiro bifite.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama