Yanditswe Jul, 22 2022 12:05 PM | 62,859 Views
Kuri uyu wa Gatanu, I Arusha muri Tanzania harabera inama
isanzwe ya 22 y’abakuru b’ibihugu baganira ku gushimangira ukwishyira hamwe no
kwagura ubutwererane mu muryango wa Afrika y’iburasirazuba.
U Rwanda ruhagarariwe na Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente. Mbere y’uko iyi nama itangira, minisitiri w’intebe w’u Rwanda yifatanyije n’abakuru b’ibihugu bayitabiriye mu gufungura umuhanda wiswe Arusha Bypass ureshya n’ibilometero 42.4.
Ni umuhanda wa kaburimbo uturuka ahitwa Ngaramtoni, ugahurira n’umuhanda wa Dodoma ahitwa Kisongo ugakomeza werekeza ahitwa Usa. Uyu muhanda witezweho kunganira usanzwe ukoreshwa cyane wa Moshi - Arusha ukazoroshya urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa biva ku cyambu cya Mombasa byerekeza mu muhora wo hagati bihingukiye ahitwa Singida.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru