AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Dr Ngirente yitabiriye umuhango wo gufungura umuhanda wiswe Arusha Bypass

Yanditswe Jul, 22 2022 12:05 PM | 62,859 Views



Kuri uyu wa Gatanu, I Arusha muri Tanzania harabera inama isanzwe ya 22 y’abakuru b’ibihugu baganira ku gushimangira ukwishyira hamwe no kwagura ubutwererane mu muryango wa Afrika y’iburasirazuba.

 U Rwanda ruhagarariwe na Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente. Mbere y’uko iyi nama itangira, minisitiri w’intebe w’u Rwanda yifatanyije n’abakuru b’ibihugu bayitabiriye mu gufungura umuhanda wiswe Arusha Bypass ureshya n’ibilometero 42.4.

Ni umuhanda wa kaburimbo uturuka ahitwa Ngaramtoni, ugahurira n’umuhanda wa Dodoma ahitwa Kisongo ugakomeza werekeza ahitwa Usa. Uyu muhanda witezweho kunganira usanzwe ukoreshwa cyane wa Moshi - Arusha ukazoroshya urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa biva ku cyambu cya Mombasa byerekeza mu muhora wo hagati bihingukiye ahitwa Singida.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira