AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

EU yasinyanye amasezerano na Misante ya Miliyoni 7 z'ama Euro

Yanditswe May, 06 2022 20:05 PM | 106,587 Views



Umuryango w'Ubumwe bw'Uburayi, wasinyanye amasezerano na Minisiteri  y’Ubuzima agamije kuyiha inkunga ya miliyoni 7 z'ama Euro akazafasha mu kubaka ubushobozi bw'abazakora mu ruganda rukora inkingo n'imiti rugiye kubakwa mu Rwanda.

Ambassaderi w'Umuryango w'Ubumwe bw'Uburayi, Nicolas Bellomo yavuze ko bitewe n'uburyo u Rwanda rwitwaye mu guhangana n'icyorezo cya COVID-19, ndetse n'icyerekezo u Rwanda rufite cyo gukora imiti n'inkingo ariyo mpamvu bizeye ko iyi nkunga izakoreshwa neza.

Iyi nkunga izakoreshwa binyuze mu kigo cy'igihugu gishinzwe ubuziranenge bw'imiti n'ibiribwa.

Umuryango mpuzamahanga ukora ibikorwa byo gufasha by'umwihariko mu rwego rwubuzima, uvuga ko  uzakomeza gushyira imbaraga mu bikorwa  byose bituma ubuzima n'imibereho y'abatuye isi irushaho kumera neza. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira