Yanditswe Jul, 25 2016 16:45 PM | 1,802 Views
Urugaga rw'abikorera PSF ruratangaza ko hari umubare munini w'abifuza kwitabira imurikagurisha rya 19 ariko bakaba barahakaniwe kubera ko aho ribera ari hato. Iki kibazo ariko ngo kizabonerwa umuti kuva mu mwaka w'2018 ubwo imurikagurisha rizimuka rikajya ribera i Gahanga mu karere ka Kicukiro kuko hazaba hagutse.
Urugaga rw'abikorera/PSF rutangaza ko imibare y'abazasura imurikagurisha ry'uyu mwaka bazagera ku bihumbi 320 mu minsi 15 mu gihe abazaba bagaragaza ibyo bakora ari 419 harimo abanyamahanga 148 bazava mu bihugu 17. PSF ariko ntisobanura neza mu mibare amafaranga yinjizwa n'imurikagurisha ariko umuyobozi wayo Steven Ruzibiza ashimangira ko imurikagurisha rigira akamaro kanini ku bukungu bw'igihugu harimo no gutanga akazi.
Inkuru irambuye mu mashusho:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru