Yanditswe Apr, 15 2016 18:00 PM | 2,459 Views
Ubuyobozi bw’ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), buravuga ko inzu 3036 mu zigera ku 12,655 arizo FARG izatangira ubufasha bwo gusanwa, izisigaye ba nyirazo bakazashaka ubushobozi bwo kuzisanira.
Umuyobozi mukuru w’Ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), Ruberangeyo Theophile avuga ko ibarura ry’inzu z’abarokotse Jenoside zikenewe gusanwa ryagaragaje ko ari 12,655, ariko izizatangirwa ubufasha na FARG zikaba ari 3036.
Uyu muyobozi yavuze ko mu nzu 3036 FARG igomba gusana, izigera ku 2225 zamaze gusanwa, izisigaye kuri zo zikazasanwa mu gihe kiri imbere, uko ubushobozi buzagenda buboneka.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru