AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

FARG mu gikorwa cyo gusana ingo ibihumbi 12, 655

Yanditswe Apr, 15 2016 18:00 PM | 2,459 Views



Ubuyobozi bw’ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), buravuga ko inzu 3036 mu zigera ku 12,655 arizo FARG izatangira ubufasha bwo gusanwa, izisigaye ba nyirazo bakazashaka ubushobozi bwo kuzisanira. 

Umuyobozi mukuru w’Ikigega gitera inkunga abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (FARG), Ruberangeyo Theophile avuga ko ibarura ry’inzu z’abarokotse Jenoside zikenewe gusanwa ryagaragaje ko ari 12,655, ariko izizatangirwa ubufasha na FARG zikaba ari 3036.

Uyu muyobozi yavuze ko mu nzu 3036 FARG igomba gusana, izigera ku 2225 zamaze gusanwa, izisigaye kuri zo zikazasanwa mu gihe kiri imbere, uko ubushobozi buzagenda buboneka.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama