AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

First Lady wa Haïti Martine Moïse yasuye urwibutso rwa jenoside rwa Kigali

Yanditswe Nov, 11 2018 18:58 PM | 38,180 Views



Madamu wa Perezida wa Haïti Martine Moïse, yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi ashyira indabo ku mva, anunamira imibiri irenga ibihumbi 250 ishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali.

Madam wa Perezida wa Haïti Martine Moïse yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku kuboneza urubyaro ICFP.

Ku kibuga mpuzamahanga cy'indege cya Kigali yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze, Dr Ndimubanzi Patrick wari kumwe n'abandi bayobozi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura