AGEZWEHO

  • Amerika: Abakomeje kwinangira ku gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi bakebuwe – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

GUVERINERI MUFULUKYE ASABA ABANTU KUVANA AMASOMO MURI JENOSIDE

Yanditswe Apr, 13 2019 20:04 PM | 4,818 Views



Intara y'i Burasirazuba kuri uyu wa Gatandatu yibutse abari abakozi bahoze ari aba za Perefegitura za Kibungo na Kigali Ngali aho hibutswe abari abakozi 19.

Gahigi Claver wakoraga muri Perefegitura ya Kibungo yatanze ubuhamya bw'inama zitandukanye zagiye zikorwa zigamije kurimbura Abatutsi mbere ya jenoside.

Guverineri w'intara y'i Burasirazuba Mufulukye Fred asanga abantu bakwiye kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi banayivanamo amasomo agamije guteza imbere igihugu.


Uhagarariye IBUKA asaba abantu gukomeza gutanga amakuru y'aho abishwe muri Jenoside batarashyingurwa mu cyubahiro bari.

Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu Prof. Shyaka Anastase yabwiye ibitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi ko ubu Abanyarwanda bakwiye guterwa ishema n'uko bafite igihugu.

Abantu 19 bibutswe  nibo bamaze kumenyekana ko bari abakozi bakoreraga za perefegitura na sou perefegitura zahurijwe mu ntara y'Iburasirazuba.

Inkuru ya John Patrick Kwizera



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #