AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Ba gitifu 108 b’Utugari bose bo muri Nyagatare bahawe mudasobwa

Yanditswe Jan, 09 2022 20:23 PM | 10,868 Views



Abanyamabanga Nshingwabikorwa bo mu tugari twose two mu karere ka Nyagatare bahawe mudasobwa 108, abazihawe bakaba bashima leta y’u Rwanda bakemeza ko ubu noneho hari serivisi zatangirwaga ku Murenge bagiye kujya batangira ku kagari.  

Muri aka karere ka Nyagatare kagizwe n’Utugari 108, buri Munyamabanga Nshingabikorwa w’Akagari yahawe mudasabobwa yo mu bwoko bwa Lenovo. 

Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Gasana Stephen asanga izi mashini zikwiye kandi gufasha aba bayobozi kubika amakuru ajyanye n’ubuzima bw’abaturage bwa buri munsi, kugira ngo igihe cyose umuturage ayakeneye ayabone bitamugoye.

Gusa impungenge y'imikoreshereze y'izi mudasobwa mu biro byo mu Tugari tumwe na tumwe, ni uko tutarageramo umuriro w’amashanyarazi, ariko ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare bwemeza ko iki kibazo kigenda gikemuka kuko uko umwaka utashye haba hari ingengo y’imari iba yaragenewe kugeza umuriro mu duce utaragezwamo.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama