Yanditswe Jan, 09 2022 20:23 PM | 10,868 Views
Abanyamabanga Nshingwabikorwa bo mu tugari
twose two mu karere ka Nyagatare bahawe mudasobwa 108, abazihawe bakaba bashima leta
y’u Rwanda bakemeza ko ubu noneho hari serivisi zatangirwaga ku Murenge bagiye
kujya batangira ku kagari.
Muri aka karere ka Nyagatare kagizwe n’Utugari 108, buri Munyamabanga Nshingabikorwa w’Akagari yahawe mudasabobwa yo mu bwoko bwa Lenovo.
Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Gasana Stephen asanga izi mashini zikwiye kandi gufasha aba bayobozi kubika amakuru ajyanye n’ubuzima bw’abaturage bwa buri munsi, kugira ngo igihe cyose umuturage ayakeneye ayabone bitamugoye.
Gusa impungenge y'imikoreshereze y'izi mudasobwa mu biro byo mu Tugari tumwe na tumwe, ni uko tutarageramo umuriro w’amashanyarazi, ariko ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare bwemeza ko iki kibazo kigenda gikemuka kuko uko umwaka utashye haba hari ingengo y’imari iba yaragenewe kugeza umuriro mu duce utaragezwamo.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
5 hours
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru