AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Gatsibo: Kubura inguzanyo byatumye ahanga udushya mu bworozi bwe

Yanditswe Mar, 17 2016 11:43 AM | 4,750 Views



Rafiki Juvénal wo mu murenge wa Kageyo mu karere ka Gatsibo yemeza ko ubworozi bw’amafi bushobora kunganirwa n’ubundi bworozi bikarushaho gutanga umusaruro,ariko ngo amabanki ntabwo aborohereza mu bijyanye no kubona inguzanyo.Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwo ngo bugiye kureba uko bwakorana ibiganiro n’abanyamabanki hagamijwe guteza imbere ubworozi bw’amafi.

Kuri ubu ariko uyu mugabo w’imyaka 58 yanatangije ubworozi bw’inkware  ku buryo ubu yoroye izigera ku 6000. 

Murebe inkuru hano:






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize