Yanditswe Mar, 17 2016 11:43 AM | 4,750 Views
Rafiki Juvénal wo mu murenge wa Kageyo mu karere ka Gatsibo yemeza ko ubworozi bw’amafi bushobora kunganirwa n’ubundi bworozi bikarushaho gutanga umusaruro,ariko ngo amabanki ntabwo aborohereza mu bijyanye no kubona inguzanyo.Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwo ngo bugiye kureba uko bwakorana ibiganiro n’abanyamabanki hagamijwe guteza imbere ubworozi bw’amafi.
Kuri ubu ariko uyu mugabo w’imyaka 58 yanatangije ubworozi bw’inkware ku buryo ubu yoroye izigera ku 6000.
Murebe inkuru hano:
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru