Yanditswe Apr, 30 2019 14:52 PM | 4,862 Views
Mu Rwanda hagiye gutangizwa umushinga ugamije gusuzuma imiterere y'ubutaka kugira ngo abahinzi-borozi bashobore kumenya ifumbire igihingwa bifuza kuzeza.
Ni umushinga Leta y'u Rwanda ifatanya n'igihugu cya Maroc ukaba uzatangira gukorera mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Musanze na Burera.
Uyu mushinga uzatwara miliyoni 1 y'amadolari y'Amerika, uzaba ugizwe no kongerera abakozi ba Laboratoire n'abashakashatsi bashinzwe kwita ku butaka n'ibidukikije.
Hazanongererwa ubushobozi za Laboratoire zishakirwa ibikoresho bigezweho kandi na Lanoratoire izokore ku buryo bwimukanwa (mobile) ku buryo imwe mu myunyu-ngugu izajya ipimirwa aho abahinzi bakorera.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru