AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

HAGIYE GUTANGIZWA UMUSHINGA USUZUMA IMITERERE Y'UBUTAKA

Yanditswe Apr, 30 2019 14:52 PM | 4,862 Views



Mu Rwanda hagiye gutangizwa umushinga ugamije gusuzuma imiterere y'ubutaka kugira ngo abahinzi-borozi bashobore kumenya ifumbire igihingwa bifuza kuzeza.

Ni umushinga Leta y'u Rwanda ifatanya n'igihugu cya Maroc ukaba uzatangira gukorera mu turere twa Rubavu, Nyabihu, Musanze na Burera.

Uyu mushinga uzatwara miliyoni 1 y'amadolari y'Amerika, uzaba ugizwe no kongerera abakozi ba Laboratoire n'abashakashatsi bashinzwe kwita ku butaka n'ibidukikije. 

Hazanongererwa ubushobozi za Laboratoire zishakirwa ibikoresho bigezweho kandi na Lanoratoire izokore ku buryo bwimukanwa (mobile) ku buryo imwe mu myunyu-ngugu izajya ipimirwa aho abahinzi bakorera.






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama