AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

HE Paul Kagame yahawe impamyabushobozi y'icyubahiro muri Ethiopia

Yanditswe Jul, 02 2016 21:14 PM | 3,548 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa gatandatu yahawe impamyabushobozi y'icyubahiro na kaminuza ya Bahir Dar yo mu gihugu cya Ethiopia. Iyo mpamyabushobozi yiswe "Honorary Doctors of Laws, Honoris Causa" ikaba ihawe umukuru w'igihugu bwa mbere mu mateka. 

Perezida Paul Kagame yashyikirijwe iyo mpamyabushobozi y'icyubahiro na Perezida wa Ethiopia Mulatu Teshome kubera uruhare yagize mu guteza imbere U Rwanda ndetse no kuba ijwi ry'iterambere ry'imibereho myiza n'ubukungu ku mugabane wa Afurika.

Inkuru irambuye mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama