Yanditswe Jul, 02 2016 21:14 PM | 3,548 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa gatandatu yahawe impamyabushobozi y'icyubahiro na kaminuza ya Bahir Dar yo mu gihugu cya Ethiopia. Iyo mpamyabushobozi yiswe "Honorary Doctors of Laws, Honoris Causa" ikaba ihawe umukuru w'igihugu bwa mbere mu mateka.
Perezida Paul Kagame yashyikirijwe iyo mpamyabushobozi
y'icyubahiro na Perezida wa Ethiopia Mulatu Teshome kubera uruhare yagize mu
guteza imbere U Rwanda ndetse no kuba ijwi ry'iterambere ry'imibereho myiza
n'ubukungu ku mugabane wa Afurika.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru