Yanditswe Apr, 22 2016 11:10 AM | 4,997 Views
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, mu murenge wa Ruhashya w’akarere ka Huye, abantu bane bahitanywe n’impanuka y’ikamyo ya rukururana.
Yari ipakiye toni 35 z’amavuta y’ubuto na toni 5 z’amakaro, yari izivanye muri MAGERWA ya Kigali izijyanye muri MAGERWA ya Rusizi mu burengerazuba bw’igihugu.
Muri abo bapfuye barimo umushoferi w’iyo kamyo n’abandi bantu batatu bari ku magare. Polisi y’u Rwanda isobanura ko impanuka yatewe n’umuvuduko mwishi.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru