AGEZWEHO

  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Diego Aponte uyobora Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubwikorezi bwo mu mazi yasuye Urwibutso rwa Kigali – Soma inkuru...

I KINSHASA HAGIYE GUSHYIRWA IKIGO CY'IBIKORERWA MU RWANDA

Yanditswe Apr, 20 2019 11:12 AM | 5,742 Views



U Rwanda rwiyemeje gushyira I Kinshasa muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo byabere, ikigo kizajya gihurizwamo ibikorerwa mu Rwanda, kugira ngo byegerezwe ababikenye muri icyo gihugu. 

Uyu ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama yahuje abikorera bo mu bihugu byombi, banatangaje ko mu gihe kitarenze ibyumweru 2 impande zombi zizaba zasinye amasezerano y’ubufatanye bugamije korohereza abashoramari.


Inkuru ya Jean Claude Mutuyeyezu




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #