AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

IKIGANIRO CYIHARIYE NA PEREZIDA TSHISEKEDI WA DRC

Yanditswe Mar, 27 2019 11:12 AM | 5,673 Views



Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo; yagiranye Ikiganiro cyihariye na Televiziyo y'u Rwanda (RTV); ubwo hasozwaga Inama y'Abayobozi b'Ibigo by'Ubucuruzi muri Africa (Africa CEO Forum) yaberaga i Kigali mu Rwanda #ACF2019.

Muri iki kiganiro yagize ati "Mfite ishusho nziza y' u Rwanda, iki gihugu cyarahindutse ku buryo bugaragarira buri  wese. Hashize imyaka  16 ubwo mperuka mu Rwanda muri 2003, mu by'ukuri hari ibintu byinshi byahindutse ntabwo hari hari imihanda nk' iyi mubona hano, mu by'ukuri ni iterambere ritangaje, mbonereho n'akanya ko gushimira abayobozi b' iki gihugu bayobowe na Perezida Kagame kubera ibikorwa nk' ibi".

Perezida Félix Antoine Tshisekedi yari ari mu Rwanda mu rwego rw'Inama y'Ihuriro ry'Abayobozi bakuru b'Ibigo, aho muri iyi nama intego yari ugukomeza imikoranire y'urwego rw'abikorera na za Leta.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura