AGEZWEHO

  • Nyiramunukanabi yabaye imari i Bugesera – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba AU bari mu mwiherero i Kigali – Soma inkuru...

IPRC Kigali: Hatangirijwe gahunda ya FIFA ya Siporo mu mashuri - Amafoto

Yanditswe Mar, 14 2023 14:18 PM | 49,796 Views



Kuri uyuwa Kabiri, Umunyamabanga w'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi FIFA, Madamu Fatma Samoura, Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju, Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC, Gaspard Twagirayezu, Perezida w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru FERWAFA, Olivier Nizeyimana, n'abandi bayobozi, bafunguye kumugaragaro gahunda ya FIFA ya Siporo mu mashuri igamije guteza umupira w'amaguru. Ni igikorwa cyabereye muri IPRC Kigali.

Iki ni kimwe mu bikorwa bya FIFA bibanziriza Inteko rusange yayo ya 73 izabera mu Rwanda, muri BK Arena tariki 16 Werurwe 2023.

Iyi nteko rusange kandi izatangarizwamo umuyobozi mushya wa FIFA ku isi, umwanya uriho umukandida umwe rukumbi Gianni Infantino ari nawe usanzwe uyobora iyi mpuzamashyirahamwe, umwanya yagiyeho mu kwezi kwa Kabiri mu mwaka wa 2016.

Ni inteko rusange yabanjirijwe n'ibikorwa bitandukanye bya FIFA mu gihugu byatangiye tariki ya 13 Werurwe bikazasozwa tariki 16 Werurwe, birimo n'iki gikorwa cyo gutangiza gahunda ya Siporo mu mashuri.


Jean-Paul Niyonshuti


Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Musanze: Abaturage 26 borojwe inka n'Itorero ADEPR - Amafoto

Abasenateri batangiye gusura uturere bareba uko abaturage bakemurirwa ibibazo

Abayobozi batandukanye barimo gusura uruganda rutunganya amazi rwa Nzove

Imyaka isaga 4 irashize isoko mpuzamipaka rya Cyanika ridakorerwamo

Ubuhamya bw’ababaye kwa Gisimba uherutse kwitaba Imana

Abatuye muri Kigali basabye ko hakwihutishwa imirimo yo kwagura uruganda rw&rsqu

Minisiteri y'Ibidukikije irabasaba kureka gukoresha ibikoresho bya pulasiti

Angola yashimye umuhate urimo gushyirwa mu biganiro byo kugarura amahoro muri RD