Yanditswe April, 21 2017 at 14:54 PM | 2567 Views
Kuva mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka abakoresha ibihangano cyane cyane indirimbo haba ku ma radiyo, television ndetse n'ahandi zishobora gukoreshwa bazajya bishyura bitewe n'urwego abakoresha iyo ndirimbo bariho.
Ibi ngo bigamije guca akajagari kaboneka mu guhererekanya indirimbo z'abahanzi bityo nabo bakajya bazibonamo inyungu kuko akenshi usanga baheruka bayishyira hanze ntibongere kugira indi nyungu bayibonamo.
Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'iterambere RDB, Clare Akamanzi asanga ibi bizatuma umuhanzi anakora ibihangano bifite ireme kandi n'igihugu kibyungukiremo
Minisitiri w'intebe Dr. Edward Ngirente aratangaza ko ubukerarugendo bukomeje kuzamura uruhare ...
September 04, 2018 at 21:20 PM
Soma inkuru
Impuguke mu ikoranabuhanga zisanga ibigo, inzego ndetse n'abantu ku giti cyabo bakwiye guhindur ...
March 28, 2018 at 22:11 PM
Soma inkuru
Muri uyu mwaka nibwo imodoka nshya za mbere za Volkswagen ziteranyirijwe mu Rwanda, zizajya ku isoko ...
January 18, 2018 at 18:24 PM
Soma inkuru
Ikigo cya Afrika kibungabunga inyamaswa zo mu gasozi (Africa Wildlife Foundation) cyeguriye Guverino ...
January 10, 2018 at 15:48 PM
Soma inkuru
Ashish Thakkar, umuherwe akaba n’umwe mu bashinze ikigo Atlas Mara Ltd. Yatangaje ko agiye kur ...
October 03, 2017 at 19:12 PM
Soma inkuru
Urwego rw'igihugu rushinzwe iterambere RDB, rutangaza ko nubwo imitangire ya servisi igenda ite ...
October 03, 2017 at 19:05 PM
Soma inkuru