Yanditswe Apr, 21 2017 14:54 PM | 3,342 Views
Kuva mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka abakoresha ibihangano cyane cyane indirimbo haba ku ma radiyo, television ndetse n'ahandi zishobora gukoreshwa bazajya bishyura bitewe n'urwego abakoresha iyo ndirimbo bariho.
Ibi ngo bigamije guca akajagari kaboneka mu guhererekanya indirimbo z'abahanzi bityo nabo bakajya bazibonamo inyungu kuko akenshi usanga baheruka bayishyira hanze ntibongere kugira indi nyungu bayibonamo.
Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'iterambere RDB, Clare Akamanzi asanga ibi bizatuma umuhanzi anakora ibihangano bifite ireme kandi n'igihugu kibyungukiremo
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru