AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Ikinyuranyo cy'ibigurwa n'ibyoherezwa hanze cyarazamutse mu 2016--BNR

Yanditswe Feb, 22 2017 12:34 PM | 2,277 Views



Banki nkuru y'igihugu BNR iratangaza ko ikinyuranyo hagati y'ibyoherezwa mu mahanga n'ibigurwa hanze, cyazamutseho 5.9% muri 2016  ku madorali 1649.7 million bivuye kuri 1752.5 ku dollars ya Amerika  muri 2015.

Ikindi kandi ngo agaciro  k'ibyoherejwe hanze gusa byazamutseho 7.1%. Naho ibyaguzwe hanze bimanukaho 2.7% muri cyo gihe.

Ku rundi ruhande banki nkuru y'igihugu ivuga ko ubukungu bw'ibihugu biri munsi y'ubutayo bw'Africa nabwo bwagabanutseho ku gipimo cya 1.6 % umwaka ushize w'2016, bivuye kuri 3.4% muri 2015

Muri uyu mwaka iyi banki iratangaza ko hari ikizere cyizamuka ry''ubukungu ku kigero cya 2.8% ku bihugu byo mu karere ko munsi y'ubutayu bwa Sahara, u Rwanda ruherereyemo. Gusa, guverineri wa banki nkuru y'igihugu John Rwangombwa avuga ko ibi byose nta ngaruka igaragara byagize ku Rwanda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura