AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Imboni z'imiyoborere muri Kicukiro zasabwe kwegera abaturage no gufatanya mu bikorwa bigamije iterambere

Yanditswe Sep, 03 2022 18:36 PM | 100,422 Views



Imboni z'imiyoborere mu karere ka Kicukiro zasabwe kwegera abaturage no gufatanya mu bikorwa bigamije iterambere, abatuye aka karere bakaba bishimira ibikorwa by'iterambere birimo imihanda bakomeje kwegerezwa, ariko bakifuza ko ubuyobozi burushaho kubegera aho batuye kugira ngo bamenye aho kongera imbaraga.

Mu biganiro byahuje imboni z'imiyoborere mu karere ka Kicukiro n'Umujyi wa Kigali, kuva ku mudugudu kugeza ku karere, abayobozi b'inzego z'ibanze bamurikiwe ikayi igiye kwifashishwa mu ishyirwa mu bikorwa ry'imihigo.

Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa yasabye imboni z'imiyoborere kurushaho gufatanyiriza hamwe mu gukemura ibibazo abaturage bahura nabyo.

Umujyi wa Kigali uvuga ko ikayi y'imihigo, abayobozi b'inzego z'ibanze bagiye gukoresha izoroshya gukurikirana ishyirwa mu ibikorwa rya gahunda zitandukanye no kumenya uko umuturage afashwa.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira