Yanditswe Jul, 27 2016 23:14 PM | 3,789 Views
Abashakashatsi
b'abanyarwanda barimo gucukumbura bimwe mu bibazo u Rwanda rugihura nabyo nyuma
y'imyaka 22 habaye Jenoside yakorewe abatutsi binyuze mu nyandiko. Mu
bushakashatsi bw'ibanze bwashyizwe ahagaragara n'impuguke 10,
bagarutse ku kunoza no kutabogama ku mateka kugirango hagaragazwe ukuri ku
mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi agenda agorekwa.
Byinshi mu bitabo bikubiyemo amateka ya jenoside yakorewe abatutsi nuko byandikwa ahanini n'abanyamahanga, ariko bimwe ugasanga bigoreka ayo mateka.
Kuri ubu abanyarwanda nabo ntibicaye
kuko batangiye gusohora ubushakashatsi bw'ibanze bwerekana uko u Rwanda
rwahangana n'izi ngaruka.
Nyuma yo kungurana
ibitekerezo kuri ibyo bitabo bivuga ku ngaruka za jenoside, byanditswe
n’abanyarwanda, biteganijwe ko bizashyirwa ahagaragara mu kwezi kwa 10 uyu
mwaka.
Inkuru mu mashusho:
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
4 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
5 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru