AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Ni agahebuzo: Tukwinjize mu byumba bizakira abimukira bazava mu Bwongereza

Yanditswe May, 19 2022 21:46 PM | 104,726 Views



Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu mpera z’uku kwezi biteganyijwe ko abimikura ba mbere bazagera mu Rwanda bavuye mu Bwongereza. 

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma Alain Mukuralinda yavuze ko hari ahantu 5 hatunganyijwe aba bimukira bazabamo.

Kuri uyu wa Kane, RBA yasuye ahantu 3 hateguwe hazacumbikirwa abimukira bazava mu Bwongereza, aho hafite ubushobozi bwo kwakira abantu 350.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize