AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Indwara idasaznwe iravugwa mu ishuri rya New Explorers Academy mu Bugesera

Yanditswe Jun, 18 2019 09:18 AM | 3,827 Views



shak shake ni izina risanisha ingendo y’uyirwaye kubera kugenda ashaka kwitura hasi. 12 mu bafashwe baratashye bajya kurwarira iwabo abandi baguma mu kigo. Abafashwe n'iyo ndwara icyo bahurizaho ni uko bababara mu mavi bakagenda bacumbagira bamwe bakaba batava aho bari batishingikirije bagenzi babo.

umuyobozi ushinzwe imyitwarire muri new explorers academy 

Ngiruwonsanga Moustafa yavuze ko bahise bavuza abanda abandi bakabaha transfert ibajyana ku bitaro inyamata 

yagize ati ''Twiyambaje abaganga dutana na trasfertku bitaro bya Nyamata n'abaganga b'inzobere baraje baganira na buri mwana ariko indwara ntiraboneka baduhaye amabwiriza y'uko tugomba kwitwara kuri abo bana. Nko kuborohera ntitubahahane, kadi tukabaha ibyo bifuza kugira ngo babashe kwiga neza.''

Umwe mu bagize Itsimda rya Minisiteri y'ubuzima n'abandi bafatayabikorwa ryasuye iryo shuri Gashayija Modeste yavuze ko hagikorwa isesengura ku byavuye mu ngendo bakoze muri iryo shuri kugira ngo hameyekane iby'iyo ndwara n'uko yavurwa ndetse n’uko abanyeshuri bakwitwara.

Ishuri New Explores Girls Ademy ryigwamo n'abakobwa gusa 299, iyo ndwara ikaba yaratangiye kwigaragaza muri iryo shuri mu mpera z'umwaka ushize wa 2018, imaze gufata umwama umwe, aravurwa arakira, ariko agarutse ku ishuri iyo ndwara iramusubira,hafatwa n’abandi.

Umwe mu bagize Itsindarya Minisiteri y'ubuzima n'abandi bafatayabikorwa ryasuye iryo shuri Gashayija Modeste yavuze ko hagikorwa isesengura ku byavuye mu ngendo bakoze muri iryo shuri kugira ngo hameyekane iby'iyo ndwara n'uko yavurwa ndetse n’uko abanyeshuri bakwitwara.

Ishuri New Explores Girls Ademy ryigwamo n'abakobwa gusa 299, iyo ndwara ikaba yaratangiye kwigaragaza muri iryo shuri mu mpera z'umwaka ushize wa 2018, imaze gufata umwama umwe, aravurwa arakira, ariko agarutse ku ishuri iyo ndwara iramusubira,hafatwa n’abandi.

INKURU: John BICAMUMPAKA



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama