Yanditswe Feb, 15 2021 08:10 AM | 56,270 Views
Inzego za gisirikare n'umutekano mu bihugu by'u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ziratangaza ko ziyemeje gutahiriza umugozi umwe mu rugamba rwo guhashya no kurandura imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano w'ibihugu byombi.
Ibi bikaba bikubiye mu itangazo impande zombi zimaze gushyira ahagaragara nyuma y'ibiganiro by'iminsi 2 byari bihurije I Kigali abayobozi b'izo nzego z'ibihugu byombi.
Muri iri tangazo, bisobanurwa ko impande zombi ziyemeje gufatanya kurwanya imitwe ihungabanya umutekano muri aka karere by'umwihariko mu bihugu byombi, ni ukuvuga u Rwanda na DRC, nkuko abakuru b'ibihugu byombi babisabye.
Divin UWAYO
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru