AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

Inzego z'umutekano z'u Rwanda na DRC ziyemeje guhashya imitwe yitwaje intwaro

Yanditswe Feb, 15 2021 08:10 AM | 56,270 Views



Inzego za gisirikare n'umutekano mu bihugu by'u Rwanda na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ziratangaza ko ziyemeje gutahiriza umugozi umwe mu rugamba rwo guhashya no kurandura imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano w'ibihugu byombi. 

Ibi bikaba bikubiye mu itangazo impande zombi zimaze gushyira ahagaragara nyuma y'ibiganiro by'iminsi 2 byari bihurije I Kigali abayobozi b'izo nzego z'ibihugu byombi.

Muri iri tangazo, bisobanurwa ko impande zombi ziyemeje gufatanya kurwanya imitwe ihungabanya umutekano muri aka karere by'umwihariko mu bihugu byombi, ni ukuvuga u Rwanda na DRC, nkuko abakuru b'ibihugu byombi babisabye.

Divin UWAYO



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura