Yanditswe Jan, 06 2017 12:44 PM | 2,779 Views
Akarere ka KICUKIRO karatangaza ko mu kwezi kwa gatandatu kazaba gafite umudugudu w'icyitegererezo uri mu gace k'icyaro ka AYABARAYA.
AYABARAYA ni agace k'icyaro ko mu karere ka KICUKIRO gaherereye mu murenge wa MASAKA. Muri aka gace niho harimo kubakwa umudugudu w'icyitegererezo ugizwe n'inzu 10 zo guturamo buri imwe igizwe n'inzu 4. Hazubakwa n'ivuriro, irerero, isoko rya kijyambere, agakiriro ndetse hanavugururwe ishuri ryisumbuye rihasanzwe.
Umudugudu w'icyitegererezo wa AYABARAYA uzuzura utwaye amafranga y'u Rda asaga miliyari 2.
Umuyobozi w'akarere ka KICUKIRO Dr Jeanne NYIRAHABIMANA avuga ko bafatanyije n'indi miryango biteze ko mu kwezi kwa 6 ibikorwa remezo byinshi bizaba byararangiye.
Uyu mudugudu w'icyitegererezo uzubakwa kuri hegitari 25, ingengo y'imari ukazubakwa ku bufatanye bw’akarere ka Kicukiro na World vision, water for people ndetse na bamwe mu baturage bo mu karere ka KICUKIRO.
Inkuru mu mashusho:
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Jmv
Kicukiro n'imbanzarugamba ihora kw'Isonga Jan 09, 2017