AGEZWEHO

  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Diego Aponte uyobora Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubwikorezi bwo mu mazi yasuye Urwibutso rwa Kigali – Soma inkuru...

Ishusho y’iterambere ry’Intara y’Iburasirazuba kuva yajyaho

Yanditswe Feb, 23 2020 08:03 AM | 16,072 Views



Nyuma ay’aho amavugurura mu nzego z’ubuyobozi muri 2006 yasize ashyizeho Intara y’uburasirazuba, ubu hamaze kugera ibikorwa byinshi bitandukanye byahinduye ubuzima bw’abaturage baho binyuze mu kabaha akazi. Bimwe muri ibyo bikorwa ni nk’inganda  inganda zahubatswe , kuvugurura imipaka ndetse n’amahoteri

Mbere gato y’uko iyi Ntara y’Iburasizarazuba ishyirwaho muri 2006 hari hoteri 2 gusa ariko ubu zimaze kuba 15, nta ruganda na rumwe rwari ruhari, ariko ubu ni hamwe mu habarizwa inganda zikomeye mu Rwanda zirimo uruganda rwa mbere muri aka karere rutunganya amakaro ndetse n’urutunganya indabo.Usibye izo hari nizindi ziri kuhubakwa.

Kuhazana inganda ndetse no kwiyongera kwizi hoteri byahinduye ubuzima bwabahatuye binyuze mu kubona akazi, nk’uko babyivugira

Mu mwaka w’2009 Akarere ka Kirere nta muriro w’amashanyarazi bari bazi, abahatuye bavuga ko byabagoye cyane mu mikorere yabo.

Kimwe n’ahandi muri iyi ntara batari bafite amashanyarazi bashyiriwemo amashanyarazi ndetse n’ubu hari ni zindi nganda ziri kuhubwakwa

Abaturage babonye amashanyharazi bavuga ko byabafashije ariko hari n’abandi batarayabona

Mu mikorwa by’imyidagaduro kandi hari Stade zimwe muri Stade bari bemerefwe na Perezida wa Repubulika ubu zamaze kuzura ndetse bazakiriraho nímikino inyurabnye

Gusa, nubwo iyi ntara nubwo ikomeje gutera imbere hari byinshi bigikeneye gukorwa cyane abagera kuri 30% by’abaturage bakiri mu murongo w’ubukene.

Bonaventure CYUBAHIRO




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #