AGEZWEHO

  • Rusizi: Abarokotse Jenoside bagaragaje ko nta Mututsi wari wemerewe guhinga umuceri mu Bugarama – Soma inkuru...
  • Gen Mubarakh Muganga yagiriye uruzinduko muri Jordanie (Amafoto) – Soma inkuru...

Itorero Angilikani ryafunguye ku mugaragaro kaminuza

Yanditswe Mar, 16 2021 11:04 AM | 46,029 Views



Itorero Angilikani ry’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, ryatangije ishuri rikuru, East African Christian College. Iri shuri ritangiranye abanyeshuri 200 kuri 250 bateganyijwe kwiga mu ishami rya tewolojiya. Iri shuri rikuru ryemejwe n’inama y’abaminisitiri mu Kuboza 2020.

Kimwe mu bibazo iri shuri rije gukemura harimo icy’abayobozi b’amatorero benshi badafite impamyabumenyi muri tewolojiya nyamara ari byo basabwe na Leta. Nyuma hateganyijwe no gutangiza andi mashami arimo ay’uburezi, ubukungu, ubuforomo n’ububyaza.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

AMAJYEPFO: Bahangayikishijwe n'indwara y'ubuganga yibasiye inka

Intara y'Amajyepfo ku isonga mu kurwanya igwingira mu bana