Yanditswe Mar, 16 2021 11:04 AM | 46,029 Views
Itorero Angilikani ry’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, ryatangije ishuri rikuru, East African Christian College.
Iri shuri ritangiranye abanyeshuri 200 kuri 250 bateganyijwe kwiga mu ishami rya tewolojiya.
Iri shuri rikuru ryemejwe n’inama y’abaminisitiri mu Kuboza 2020.
Kimwe mu bibazo iri shuri rije gukemura harimo icy’abayobozi b’amatorero benshi badafite impamyabumenyi muri tewolojiya nyamara ari byo basabwe na Leta.
Nyuma hateganyijwe no gutangiza andi mashami arimo ay’uburezi, ubukungu, ubuforomo n’ububyaza.
AMAJYEPFO: Bahangayikishijwe n'indwara y'ubuganga yibasiye inka
Apr 06, 2022
Soma inkuru
Intara y'Amajyepfo ku isonga mu kurwanya igwingira mu bana
Jan 04, 2022
Soma inkuru