Yanditswe May, 07 2019 13:53 PM | 6,550 Views
Perezida
wa Repubulika Paul Kagame aravuga ko kuba u Rwanda rugeze aho ruri kuri ubu mu
iterambere, byasabye ko Abanyarwanda bakora cyane, ndetse n'ubufatanye bw'abandi
bafatanyabikorwa b'u Rwanda.
Ibi umukuru w'igihugu yabibwiyebamwe mu bagize umuryango Young Presidents' Organisation, w’abashoramari bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, yakiriye kandi akagirana ibiganiro nabo kuri uyu wa Kabiri, tariki 7 Gicurasi 2019.
Perezida
Kagame wabaganirije ku nzira y'iterambere ry'u Rwanda yababwiye ko gukora cyane
kw'abanyarwanda byatumye igihugu cyongera kubaho kigatera imbere, kikagera aho kigeze.
Itsinda ryakiriwe n'umukuru w'igihugu ni iryo mu gihugu cya Austraria.
Young Presidents' Organisation ni Umuryango ugizwe n'abayobozi mu by'ubucuruzi basaga ibihumbi 24 bo mu bihugu 130 byo hirya no hino ku Isi.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru