AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

PEREZIDA YAGANIRIJE ITSINDA RYA YPO KU ITERAMBERE RY’U RWANDA

Yanditswe May, 07 2019 13:53 PM | 6,550 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame aravuga ko kuba u Rwanda rugeze aho ruri kuri ubu mu iterambere, byasabye ko Abanyarwanda bakora cyane, ndetse n'ubufatanye bw'abandi bafatanyabikorwa b'u Rwanda.

Ibi umukuru w'igihugu yabibwiyebamwe mu bagize umuryango Young Presidents' Organisation, w’abashoramari bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, yakiriye kandi akagirana ibiganiro nabo kuri uyu wa Kabiri, tariki 7 Gicurasi 2019.

Perezida Kagame wabaganirije ku nzira y'iterambere ry'u Rwanda yababwiye ko gukora cyane kw'abanyarwanda byatumye igihugu cyongera kubaho kigatera imbere, kikagera aho kigeze.

Itsinda ryakiriwe n'umukuru w'igihugu ni iryo mu gihugu cya Austraria.

Young Presidents' Organisation ni Umuryango ugizwe n'abayobozi mu by'ubucuruzi basaga ibihumbi 24 bo mu bihugu 130 byo hirya no hino ku Isi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira