AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

KIGALI: IFPRI IRAMURIKA UBUSHAKASHATSI KU KWIHAZA MU BIRIBWA

Yanditswe May, 03 2019 10:42 AM | 6,046 Views



Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Ubushakashatsi ku biribwa IFPRI kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gicurasi 2019, kumurika ubushakashatsi bugaragaza aho Isi igeze yihaza mu biribwa.

Ni umuhango uri bwitabirwe na Minisitiri w'Intebe Dr Edouard Ngirente.

Ikibazo cy’inzara n’imirire mibi gihangayikishije Isi, Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Bana UNICEF ya 2016, yagaragaje ko mu bana miliyoni 667 ku Isi, abasaga miliyoni 159 bari baragwingiye.

Mu Rwanda, ibarura ryo mu 2015 ryerekanye ko abana 38.5 % bari munsi y’imyaka itanu bagwingiye.

Leta y'u Rwanda igaragaza ko ifite intego ko bitarenze mu 2030 ruzaba rwaciye burundu inzara no kugwingira kw’abana ndetse ko mu 2025 ruzaba rwaranduye burundu imirire mibi mu 2030.

Inkuru ya Paul Rutikanga



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama