Yanditswe Feb, 02 2017 18:43 PM | 1,967 Views
Ubuyobozi bw'akarere ka Kicukiro buratangaza ko butazigera bwihanganira bamwe mu bafite za Restora zikirangwamo umwanda, ni nyuma yaho bamwe mu baturage bagana za restora basaba ko isuku yarushaho kugenzurwa kuko bishyira ubuzima bwabo mu kaga ko kwandura indwara zitandukanye.
Nubwo zimwe mu ma restora usanga zifite isuku, ariko nanone hari naho usanga isuku zarirengagijwe, bamwe bafite za restora baremera amakosa yagiye agaragara kandi ko bagiye kuyakosora.
Ku ruhande rw'abagana ayo ma restora barasaba abafite isuku mu nshingano kurushaho gukaza ingamba kugirango badakomeza kurwara indwara ziterwa n'isuku nke.
Bayingana Emmanuel umuyobozi w'ungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage mu karere ka kicukiro, avuga ko batazigera bihanganira za restora zikirangwamo n'isuku nke.
Gusa arasaba abagana za restora ubufatanye mu kurwanya bene izo restora.
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
8 minutes
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru