AGEZWEHO

  • Rutsiro: Miliyari 2 zigiye gukoreshwa mu gusana umuhanda Kivu Belt – Soma inkuru...
  • Gicumbi: Abantu 7 bakubishwe n'inkuba umwe arapfa – Soma inkuru...

Kigali: Habereye amarushanwa y'imibare yitabiriwe n'abaturutse mu bihugu 32

Yanditswe May, 16 2023 11:37 AM | 46,892 Views



Urubyiruko rw'Ibihugu bigera kuri 32 byo ku mugabane wa Afurika biteraniye i Kigali mu marushanwa y'isomo ry'imibare yiswe Pan African Mathematics Olympiad.

Ni amarushanwa agamije gukangurira no guteza imbere urubyiruko rwo muri Afrika kugira uruhare mu gukemura ibibazo byugarije uyu mugabane binyuze mu ikoreshwa ry'imibare, kwiga uko iyi mibare yakwifashishwa kuzana impinduka zikenewe no guteza imbere ubumwe bwa Afurika muri rusange.

Abaye ku nshuro ya 30 akaba ari ubwa mbere abereye mu Rwanda.

Yitabiriwe n'urubyiruko rwiga mu mashuri yisumbuye ndetse bikaba biteganyijwe ko azamara iminsi 7.

Aya marushanwa yitabiriwe n'abanyeshuri baturutse mu bihugu 32 byo ku mugabane wa Afurika. Photo: MINEDUC

Minisitiri w'Uburezi Dr. Valentine Uwamariya yitabiriye umuhango wo gutangiza aya marushanwa. Photo: MINEDUC


Aya abaye ku nshuro ya 30 akaba ari ubwa mbere abereye mu Rwanda. Photo: MINEDUC


Olive Ntete



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Brig.Gen Rwivanga yasabye abiga muri RICA gusigasira ibyo u Rwanda rwagezeho

General Gatsinzi Marcel yashyinguwe

Ingabo za Congo zongeye kurasa ku butaka bw'u Rwanda

U Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko RDF ifasha abarwanya FARDC

Abayobozi b'inzego z'ubuzima mu ngabo zo muri EAC mu nama ku bufatanye

Perezida Kagame yashimye inzego z'umutekano ku bwitange zagaragaje muri 202

RDF yatangaje ko ntaho ihuriye n'ibikorwa by'abahoze ari abarwanyi ba

Col Karuretwa yagizwe Brig General, anagirwa umuyobozi muri RDF