AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Umuyobozi ushinzwe ububanyi n'amahanga muri EU yasuye impunzi za Gashora

Yanditswe Oct, 25 2021 19:20 PM | 64,956 Views



Kuri uyu wa Mbere, umuyobozi ushinzwe ububanyi n'amahanga mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi, Josep Borrell ari kumwe na Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’Ubutabazi, Marie Solange Kayisire basuye impunzi z’abimukira baturutse mu gihugu cya Libya zicumbikiwe mu nkambi ya Gashora mu karere ka Bugesera.

Borrell yashimye u Rwanda n’Abanyarwanda ku neza bagize yo kwakira izi impunzi z’Abanyafurika baturuka mu bihugu bitandukanye, asezeranya gukomeza ubufatanye buhari mu gutabara abababaye.

Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’Ubutabazi, Kayisire Marie Solange yasobanuye ko uru ruzinduko ari ingirakamaro kuko rutanga amakuru ku mibereho y'zi mpunzi.

Kugeza ubu mu nkambi y’agateganyo ya Gashora hacumbikiwe impunzi bakuwe muri Libya 215.

Guverinoma y’u Rwanda, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi n’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, basinye amasezerano yo kwita ku mpunzi zari ziriho nabi muri Libya.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira