AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Kubura ibibuga byo gukiniraho ni imwe mu mbogamizi ya Goalball mu Rwanda

Yanditswe Jul, 02 2016 21:53 PM | 3,699 Views



Kutagira ibibuga byo gukiniraho ndetse n'ibikoresho byabugenewe ni zimwe mu mbogamizi, abakina umukino wa Goalball, umukino w' abafite ubumuga bwo kutabona bahura nazo mu Rwanda muri iki gihe.

Ubwo hatangizwaga ikiciro cya 3 cya Championnat y' uyu mukino, abakinnyi bongeye kugaragaza ko imikino nk' iyi yatumye bava mu bwigunge babagamo, aho bumvaga ko ari bonyine bitewe n' ubumuga bafite.

Mu bihembo biteganijwe  muri iyi mikino izasozwa kuri iki cyumweru, ikipe ya mbere izahabwa amafaranga ibihumbi 300 y' amanyarwanda, iya 2 ihabwe ibihumbi 200 naho ikipe ya 3 ihabwe ibihumbi 100. Ikipe y' igihugu ya Goal Ball iza ku mwanya wa 4 muri Afurika,n' wa 30 kw' isi ikaba imaze guserukira u Rwanda inshuro zigera kuri 2.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize