AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Kwakira Sudani y'Amajyepfo mu muryango w'Afurika y'Iburasirazuba

Yanditswe Apr, 15 2016 15:41 PM | 2,041 Views



Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli, arayobora ibirori byo gusinyisha Sudani y’Epfo, nk’igihugu cya gatandatu kigize Umuryango wa Afurika y’uburasirazuba.

Uyu muhango urabera Dar es Salaam muri Tanzania aho Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kiir ari buwitabire.

Mu nama ya 17 y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC, yabaye tariki ya 2 Werurwe 2016, nibwo Sudani y’Epfo yemerewe kuba umunyamuryango mushya.

Kugeza ubu ibihugu bigize uyu muryango bibaye bitandatu, n’abaturage barenga miliyoni 162.

Sudani y’Epfo yasabye kuba umunyamuryango wa EAC nyuma yo kubona ubwigenge muri Nyakanga 2011, gusa ubusabe bwayo bwakomeje kudahabwa agaciro gakomeye kubera umutekano muke warangwaga muri iki gihugu, n’ibindi bibazo bikomeje kuyogoza iki gihugu kuva mu mwaka wa 2013.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira