AGEZWEHO

  • Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y'imyaka 30-49 – Soma inkuru...
  • Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare – Soma inkuru...

Kwita Izina: Mu Kinigi hatangiye imurikabikorwa ry'ibikorerwa mu Rwanda

Yanditswe Sep, 01 2022 17:34 PM | 175,877 Views



Mu Kinigi ahateganyijwe kubera ibirori byo kwita izina abana b'ingagi kuwa Gatanu tariki 2 Nzeri 2022, harimo kubera imurikabikorwa ryibanda ku bikorerwa mu Rwanda (Made in Rwanda) birimo imitako, imyenda, ikawa ihingwa mu Rwanda n'ibindi . 

Ni igikorwa kibaye ku nshuro ya mbere kuva umuhango wo Kwita Izina abana b'ingagi watangira kikabera mu kinigi. Abitariye iri murikabikorwa baturutse mu turere dutandukanye bavuga ko iki gikorwa kizatuma ibyo bakora birushaho kumenyakana Kandi bikagurwa ku bwinshi kuko aho bimurikirwa hahurira abantu benshi barimo abaza gusura ingagi.

Ubuyobozi bw'akarere ka Musanze buvuga ko gushyiraho gahunda yo kumurika ibintu bikenerwa na bamukerarugendo kandi byakorewe mu Rwanda, byakozwe mu rwego rwo guha amahirwe abamurika yo kwereka abantu benshi ibyo bakora mu gihe gito barimo n'abaturiye Pariki y'Igihugu y'Ibirunga.

Bitagenyijweko iri murikabikorwa rizarangira tariki ya 11 Nzeri ryitabiriwe n'abagera kuri 27 bakora ibikorwa bitandukanye.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi