AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Leta yemeje ko canabis ikoreshwa mu buvuzi igiye guhingwa mu buryo bwemewe n' amategeko

Yanditswe Oct, 13 2020 19:51 PM | 38,764 Views



Leta y' u Rwanda yemeje ko ikimera cya cannabis ikoreshwa mu buvuzi kigiye guhingwa mu Rwanda mu buryo bwemewe n' amategeko .

Ibi bikaba mu rwego rwo gufasha inganda zikora imiti ndetse no  kuzamura ingano y'ibihingwa ngengabukungu byoherezwa hanze y' igihugu.



Ni igihingwa cyemejwe n’inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa mbere. Canabis ikoreshwa mu buvuzi n’igihingwa gifatiye runini inganda zikora imiti ndetse n'ubukungu bwa byinshi mu bihugu hirya no hino ku isi.

Ministiri w' ubuzima mu Rwanda Dr DANIEL Ngamije asobanura inyungu z' ihingwa rya kino kimera mu Rwanda by' umwihariko mu rwego rw' ubuvuzi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama