AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

MINALOC irasaba abanyamadini kunganira abaturage mu gukemura ibibazo bibugarije

Yanditswe Jan, 20 2019 22:13 PM | 13,711 Views



Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu MINALOC irasaba amadini n’amatorero yo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke, guhuza inyigisho baha abakristu babo n’imibereho babayemo, aho gutanga izigisha ijambo ry’imana gusa bakanagira uruhare mu gukemura ibibazo bitandukanye biri mu miryango, nk’inda ziterwa abangavu ndetse n’ibibazo by’ubukene.

Insengero z’amadini n’amatorero atandukanye, ni zimwe mu ziganwa n’abaturage benshi, kuhahahira amasomo ajyanye no kubaka roho zabo nk’abakristu. Gusa abazigana bavugako hari bimwe na bimwe zibafasha ariko bakanagira nabo uruhare mu gufashanya gukemura ibibazo bicyugarije umuryango.

Abakristu b'torero Anglican Church nibo ba mbere bagize uruhare mu kubaka urusengero rwatwaye asaga miliyoni 200 z’amafaranga y’u Rwanda. Aha rero ngo naryo  rikaba hari ibikorwa bitandukanye rikora,mu gufasha mu iterambere ry’abaturage.

Ministiri w’ubutegetsi bw’igihugu prof  Shyaka Anastase,yifatanyije n’abanglican gutaha iyi catedrale biyubakiye. mu butumwa bwe, asaba abanyamadini n’amatorero mu turere twa rusizi na nyamasheke ,kuba aba mbere mu gufasha leta gukemura ibibazo by’abaturage doreko ngo roho nzima itura mu mubiri muzima.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya

Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw