AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Ubujyanama buhabwa abanyeshuli bugira umumaro ku isoko ry'umurimo--MINEDUC

Yanditswe Oct, 26 2017 14:45 PM | 3,879 Views



Gufasha abanyeshuri kunoza no guhuza amasomo yabo n’ubumenyi bukenewe ku isoko ry’umurimo bitanga umusaruro mwiza ugira uruhare mu iterambere ry’ ubukungu. 

Mu nama y’ umunsi umwe ihuje minisiteri y’ uburezi n’ abafatanyabikorwa bayo banyuranye harasuzumirwa hamwe uburyo bwo guteza imbere ubujyanama buhabwa abanyeshuri hashingiye ku masomo bo ubwabo baba barahisemo kwiga.

Minisiteri y’ uburezi yo ivuga ko kuva mu ntangiriro ubu bujyanama bwahabwaga abanyeshuri bo mu mwaka wa mbere  uwa 3 n’ uwa 6 mu mashuri yisumbuye, ariko ngo ubu iyi gahunda yagejejwe mu myaka yose y’amashuri yisumbuye.

Minisiteri y’uburezi ivuga ko ubujyanama buhabwa abanyeshuri bugomba kujyana guteza imbere impano bafite, ibintu iyi minisiteri yemeza ko bigira n’ uruhare ku iterambere ry’ ubukungu bw’igihugu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama