AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

MINEDUC yagaragaje ibikomeje gutiza umurindi ikibazo cy’abana bata amashuri

Yanditswe Mar, 22 2023 19:36 PM | 30,655 Views



Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko kudashyira mu bikorwa itegeko rihana ababyeyi bihunza inshingano zo kurera, biri mu bikomeje gutiza umurindi ikibazo cy’abana bata amashuri abandi bakajyanwa mu mirimo itandukanye.

Ni mubiganiro byahuje abadepite bagize Komisiyo y'Ubumwe bw'Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Kurwanya Jenoside na Minisiteri y'Uburezi,  ku isesengura rya raporo y'ibikorwa bya Komisiyo y’Igihugu y'Uburenganzira bwa muntu by'umwaka wa 2021/2022 n’Iteganyabikorwa ry'umwaka wa 2022/2023, ku bibazo byagaragaye mu burezi birimo ikibazo cy’abana bata amashuri ababyeyi ntibabibazwe.

Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yavuze ko bikigoranye gushyira mu bikorwa itegeko rihana ababyeyi bihunza inshingano zo kurera  ariko ngo babifatiye ingamba.

Kuri ubu abanyeshuri kuva mu bigo by’amashuri abanza kugeza mu yisumbuye bafatira ifunguro ku ishuri, gahunda Minisiteri y’Uburezi igaragaza nka kimwe mu bisubizo byo guhangana n’abana bata ishuri.

Jean Paul Turatsinze



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama