AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo wabagwiriye – Soma inkuru...
  • Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami – Soma inkuru...

MUSANZE: Gén.Maj Albert MURASIRA yasabye abayobozi gushyira amagambo mu bikorwa

Yanditswe Nov, 04 2020 23:43 PM | 83,092 Views



Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda akaba n’imboni y’akarere ka Musanze Général Major Albert MURASIRA yasabye abayobozi mu karere ka Musanze  gushyira mu bikorwa ibyo bavuga bikava mu magambo kuko aribyo bizabafasha  kuva mu myanya y’inyuma aka karere kajemo mu mihigo y’umwaka ushize wa 2019-2020. 

Abatuye aka karere nabo ngo ntibashimishijwe n’umwanya akarere kagize bityo bakaba biyemeje gufatanya n’abayobozi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo w

Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami

Qatar: Dr Ngirente yitabiriye imurika mpuzamahanga ry'ubuhinzi bw’imb

Nyagatare: RAB yakuyeho akato kari kashyizweho kubera indwara y'uburenge

Kigali: Hari imihanda irimo kubakwa yadindiye ubu irimo guteza imivu y’ama

Akarere ka Musanze kongeye kunengwa ku kibazo cy'igwingira cyugarije abana

Nyamagabe: Ubuyobozi buhangayikishijwe n’ibikorwa bisubiza inyuma ubumwe n

Uburezi: Abakoze ibizamini byo kuba abarimu batagize amanota 70% basabwe gusubir