AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

MUSANZE: Gén.Maj Albert MURASIRA yasabye abayobozi gushyira amagambo mu bikorwa

Yanditswe Nov, 04 2020 23:43 PM | 84,544 Views



Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda akaba n’imboni y’akarere ka Musanze Général Major Albert MURASIRA yasabye abayobozi mu karere ka Musanze  gushyira mu bikorwa ibyo bavuga bikava mu magambo kuko aribyo bizabafasha  kuva mu myanya y’inyuma aka karere kajemo mu mihigo y’umwaka ushize wa 2019-2020. 

Abatuye aka karere nabo ngo ntibashimishijwe n’umwanya akarere kagize bityo bakaba biyemeje gufatanya n’abayobozi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira