Yanditswe Nov, 04 2020 23:43 PM | 77,430 Views
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda akaba n’imboni y’akarere ka Musanze Général Major Albert MURASIRA yasabye abayobozi mu karere ka Musanze gushyira mu bikorwa ibyo bavuga bikava mu magambo kuko aribyo bizabafasha kuva mu myanya y’inyuma aka karere kajemo mu mihigo y’umwaka ushize wa 2019-2020.
Abatuye aka karere nabo ngo ntibashimishijwe n’umwanya akarere kagize bityo bakaba biyemeje gufatanya n’abayobozi.
Ababyeyi bagana ibitaro bya Gakoma bishimiye ko byatangiye kuvugururwa
48 minutes
Soma inkuru
Umugaba w'Ingabo za Ghana mu ruzinduko mu Rwanda
Jul 05, 2022
Soma inkuru
Umuryango AVEGA-Agahozo uvuga ko mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside intego bari bihaye zimaze kugerwah ...
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Imiryango 30 yo muri Muhanga yakemuriwe ikibazo cy’icumbi mu 2021-2022
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Abavuga ko Gaz ihenze kurusha amakara babiterwa no kudasobanukirwa- Dr Mujawamariya
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Abanyarwanda baba muri Mozambique bakoze umuganda rusange mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
Jul 03, 2022
Soma inkuru