Yanditswe Apr, 07 2019 18:19 PM | 5,559 Views
Perezidansi y’u Bufaransa yifuza ko tariki 7 Mata yajya iba umunsi wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ni imyanzuro yakurikiye kwakira mu biro bye abayobozi b’Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside, Ibuka-France.
Muri ubwo butumwa, u Bufaransa bwatangaje ko "Perezida wa Repubulika yifatanyije n’abaturage b’u Rwanda n’abazize Jenoside hamwe n’imiryango yabo."
Iri tangazo rikomeza riti "Perezida wa Repubulika yashimye umurimo w’abarokotse Jenoside mu bikorwa byo kwibuka ndetse yifuje ko ko itariki ya 7 Mata yemezwa nk’umunsi wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi."
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru