AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Maj Gen Murasira yakiriye itsinda rya EU

Yanditswe Jan, 20 2023 19:38 PM | 6,818 Views



Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira ari kumwe n’umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, General Jean Bosco Kazura bakiriye ku cyicaro gikuru cya minisiteri y’ingabo, itsinda ry’intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi zari ziyobowe na J Balfoort, wungirije umuyobozi ushinzwe umutekano na politiki y’ubwirinzi mu muri uyu muryango.

Yari kumwe kandi na Vice Admiral H Bléjean, umuyobozi mukuru ushinzwe ibya gisirikari mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Ibiganiro byabo byibanze ku ngingo zinyuranye zirimo umutekano na gisirikari.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura