AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

Minisiteri y’ishoramari ivuga ko igiye kwihutisha kwegurira abikorera bimwe mu bigo leta ifitemo ishoramari

Yanditswe Aug, 02 2022 20:30 PM | 63,472 Views



Nyuma yo kurahirira inshingano nshya yahawe n’umukuru w’igihugu, Minisitiri mushya w’ishoramari Eric Rwigamba aratangaza ko iyi minisiteri igiye kwihutisha gahunda yo kwegurira abikorera bimwe mu bigo leta ifitemo ishoramari, ariko bikajyana no kureba andi mahirwe y’ishoramari leta yabyaza umusaruro haba mu Rwanda cyangwa mu mahanga.

Umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafiri nawe avuga ko agiye gufatanya n’abo asanze muri uru rwego kongera ingufu muri gahunda yo kwihaza mu biribwa.

Divin Uwayo



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura