Yanditswe May, 03 2017 15:49 PM | 2,381 Views
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga Louise Mushikiwabo aravuga ko n’ubwo isi muri rusange ifite ibibazo by'ihungabana ry'amahoro n'umutekano, umugabane wa Afurika ukwiye kutarangazwa nabyo ahubwo ugakora ibishoboka ukikemurira ibibazo nk'ibyo bikiwugarije.
Ibi Minisitiri Mushikiwabo yabivuze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, ubwo yatangizaga umwiherero w'iminsi 3 uhuje abagize akanama k'Amahoro n'umutekano mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, bateraniye i Kigali.
Inkuru yose mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru