AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Minisitiri Mushikiwabo asanga bikwiye ko Afurika yikemurira ibibazo byayo

Yanditswe May, 03 2017 15:49 PM | 2,381 Views



Minisitiri w'ububanyi n'amahanga Louise Mushikiwabo aravuga ko n’ubwo isi muri rusange ifite ibibazo by'ihungabana ry'amahoro n'umutekano, umugabane wa Afurika ukwiye kutarangazwa nabyo ahubwo ugakora ibishoboka ukikemurira ibibazo nk'ibyo bikiwugarije. 

Ibi Minisitiri Mushikiwabo yabivuze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,  ubwo yatangizaga umwiherero w'iminsi 3 uhuje abagize akanama k'Amahoro n'umutekano mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, bateraniye i Kigali.

Inkuru yose mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama