Yanditswe Apr, 15 2022 17:45 PM | 25,183 Views
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente
yakiriye itsinda ry’Abaminisitiri baturutse muri Angola riyobowe na Minisitiri
w'Ububanyi n'Amahanga wa Angola, Amb. Téte António, wanamugejejeho ubutumwa
Perezida João Lourenço yageneye Perezida Kagame.
Minisitiri kandi ushinzwe ububanyi n'amahanga muri Angola, yatanze raporo ku masezerano y'ubufatanye agera ku 9 yasinywe hagati y'u Rwanda na Angola.
Amwe mu masezerano yashyizweho umukono n'abaminisitiri batandukanye arimo imikoranire mu kuvanaho gusoreshwa inshuro 2, kohererezanya abanyabyaha, ubufatanye mu guteza imbere ubuhinzi n'ubworozi, imikoranire y'inzego z'ibanze, ubuzima, ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro.
Minisitiri w'ububanye n'amahanga wa Angola avuga ko aya masezerano azafasha abaturage b'ibihugu byombi, kuko aya mazeserano atanga amahirwe y'urujya n'uruza rw'abaturage kuko abaturage batazajya babazwa visi mu gihe bashaka bashaka kujya Angola cyangwa abaturage ba Angola baje mu Rwanda.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru