AGEZWEHO

  • Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo wabagwiriye – Soma inkuru...
  • Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami – Soma inkuru...

Minisitiri w’Intebe ari muri Angola aho yitabiriye kurahira kwa Perezida Joao Lourenco

Yanditswe Sep, 15 2022 16:13 PM | 160,108 Views



Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Louanda muri Angola aho yitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida Joao Lourenco, urahirira kuyobora iki gihugu muri manda ya kabiri.

U Rwanda na Angola binasanganywe umubano ushingiye kuri dipolomasi, buri gihugu gifite ambasade mu kindi, mu kwezi kwa 7 muri uyu mwaka Guverinoma y’u Rwanda n’iya Angola byatangiye gushyira mu bikorwa amasezerano yo guca burundu gusoresha kabiri ku byerekeye imisoro ku musaruro. 

Abanyarwanda bajya muri Angola bakuriweho Visa.

Ishyaka rya Perezida João Lourenço rya MPLA ryatsinze amatora ryari rihatanyemo n’irya UNITA bihanganye kuva mu myaka myinshi ishize, ishyaka rya MPLA rya Lourenco niryo riyoboye igihugu kuva mu 1975 ubwo Angola yabonaga ubwigenge ibukuye kuri Portugal yari iyikolonije.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyamasheke: Abantu 2 bapfuye abandi 8 barakomereka mu mpanuka y’umukingo w

Abanyeshuri barenga ibihumbi 30 basabye guhindurirwa ibigo cyangwa amashami

Qatar: Dr Ngirente yitabiriye imurika mpuzamahanga ry'ubuhinzi bw’imb

Nyagatare: RAB yakuyeho akato kari kashyizweho kubera indwara y'uburenge

Kigali: Hari imihanda irimo kubakwa yadindiye ubu irimo guteza imivu y’ama

Akarere ka Musanze kongeye kunengwa ku kibazo cy'igwingira cyugarije abana

Nyamagabe: Ubuyobozi buhangayikishijwe n’ibikorwa bisubiza inyuma ubumwe n

Uburezi: Abakoze ibizamini byo kuba abarimu batagize amanota 70% basabwe gusubir