AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ministre w'intebe Dr.Ngirente yasobanuriye inteko ibijyanye na gahunda y'imirire

Yanditswe Feb, 20 2018 21:54 PM | 5,485 Views



Minisitiri w'intebe Dr. Edouard Ngirente aravuga ko gahunda mbonezamikurire y'umwana yashyizweho igamije guhangana n'ibibazo bikibangamira imirire myiza y'umwana. Ibi yabivuze ubwo yatangaga ibisobanuro mu magambo ku bibazo  birebana na gahunda yo kurwanya imirire mibi mu Rwanda mu bana bari munsi y’imyaka itanu.

Bimwe mu bibazo bigaragazwa n'abasenateri bituma hakigaragara imirire mibi muri aba bana birimo kutamenya gutegura ifunguro ryuzuye, ibibazo by'umwanda, gahunda zishyirwaho ariko ugasanga zitaramba cyangwa ntizishyirwe mu bikorwa uko bikwiye. Ibi abasenateri basaba ko byanozwa.

Minisitiri w'intebe, Dr. Edouard Ngirente yabwiye abasenateri ko gahunda zishyirwaho ziba zateguwe neza, kandi zigenda zitanga umusaruro aho bwaki no kugwingira mu bana bigenda bigabanuka. Yavuze ko ibibazo bigihari byafatiwe ingamba zirimo na gahunda mbonezamikurire y'abana.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage