Yanditswe Feb, 20 2018 21:54 PM | 5,485 Views
Minisitiri w'intebe Dr. Edouard Ngirente aravuga ko gahunda mbonezamikurire y'umwana yashyizweho igamije guhangana n'ibibazo bikibangamira imirire myiza y'umwana. Ibi yabivuze ubwo yatangaga ibisobanuro mu magambo ku bibazo birebana na gahunda yo kurwanya imirire mibi mu Rwanda mu bana bari munsi y’imyaka itanu.
Bimwe mu
bibazo bigaragazwa n'abasenateri bituma hakigaragara imirire mibi muri aba bana
birimo kutamenya gutegura ifunguro ryuzuye, ibibazo by'umwanda, gahunda
zishyirwaho ariko ugasanga zitaramba cyangwa ntizishyirwe mu bikorwa uko bikwiye.
Ibi abasenateri basaba ko byanozwa.
Minisitiri
w'intebe, Dr. Edouard Ngirente yabwiye abasenateri ko gahunda zishyirwaho ziba
zateguwe neza, kandi zigenda zitanga umusaruro aho bwaki no kugwingira mu bana
bigenda bigabanuka. Yavuze ko ibibazo bigihari byafatiwe ingamba zirimo na
gahunda mbonezamikurire y'abana.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru