Yanditswe Nov, 22 2017 21:20 PM | 4,148 Views
Minisitiri
w'intebe Dr Edouard Ngirente yasuye ibikorwa by'iterambere byo mu rwego
rw'ubuhinzi n'ubworozi mu turere twa Nyabihu, Musanze na Burera. Yasuye
ahatuburirwa imbuto z'ibirayi hifashishijwe uburyo bunyuranye, asura n'ikusanyirizo
ry'amata rya mukamira, n'ishuli rikuru rya Musanze polytechnic.
Ministiri w'intebe yasuye n'ubuhinzi bw'ibireti ndetse n'uruganda rubitunganya rwa SOPYRWA.
Mu ishuli rya Musanze Polytechnic, minisitiri w'intebe yabashishikarije kunoza ibyo bakora byose kandi bakabyamamaza.
Yasuye ibice bitandukanye by'iki kigo birimo amashuri, aho bitoreza imyuga. Muri uru ruzinduko, minisitiri w'Intebe ari kumwe na Ministre w'ubuhinzi n'Ubworozi, Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda, n'abandi bayobozi ku nzego zinyuranye.
Inkuru mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru