Yanditswe Dec, 27 2016 15:36 PM | 2,340 Views
Minisitiri w'intebe wa Saotome et Principe, Patrice Trovoada yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali aho yavuze ko isi ikwiye kwigira ku byabaye mu Rwanda Jenoside ntizongere kuba ukundi. Avuga kandi ko ubumwe n'ubwiyunge bushoboka agendeye kubyo yabonye mu Rwanda.
Patrice Trovoada Minisitiri w'intebe wa Saotome et Principe akigera ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali yashize indabo ishyinguyemo imibiri y'abatutsi bishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, mu rwego rwo guha icyubahiro abahishyinguye. Maze azenguruka mu bice bigize urwibutso ari nako asobanurirwa amateka yaranze abanyarwanda kugeza ubwo Jenoside yakorewe abatutsi ibaye biturutse ku buyobozi bubi bwaranze repubulika ya mbere ni ya kabiri.
Nyuma yo kubona ibyabaye mu Rwanda Patrice Travoada yahamagariye imiryango mpuzamahanga kwirinda uburangare bushobora kubaho jenocide ikongera kubaho ahandi.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru